Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido, yageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, aje guca agahigo mu bantu...
Indirimbo “Juno” y’umuhanzi w’Umunyamerika Sabrina Carpenter yongeye kuza ku isonga ry’ibivugwaho cyane, nyuma y’uko yifashishijwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Leta...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi, Miley Cyrus, yemeje ko yambitswe impeta n’umukunzi we Maxx Morando, umuhanzi w’ingoma bamaze imyaka ine bakundana....
Urubanza ruregwamo Uzabakiriho Cyprien, uzwi nka Djihad, hamwe na bagenzi be Kwizera Nestor (Pappy Nesta) na Ishimwe François Xavier rwasubitswe...
Umuhanzi Senderi Hit agiye gutangiza ibitaramo ngarukamwaka mu Karere ka Kirehe aho avuka, bikazajya byitwa “Kirehe Twataramye”. Igitaramo cya mbere...
Umuhanzikazi Lilian Mbabazi yagarutse ku rugendo rw’urukundo rudasanzwe yagiranye na nyakwigendera Moses Nakintije Ssekibogo wamamaye nka Mowzey Radio, asobanura ko...
Ubushakashatsi bushya bwakorewe ku bagore 600 mu bitaro bine byo mu Rwanda bugaragaza ko benshi mu bageze mu gihe cyo...
Read moreDetailsMu myaka ya vuba, uburyo bwo guhindura ishinya (tattoo) umukara, cyane cyane ku rubyiruko rwo mu Rwanda, buragenda buzamuka. Guhindura...
Read moreDetailsKuri uyu wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, Urugaga Nyarwanda rw’Abafite Virusi itera Sida (RRP+ Rwanda), ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu...
Read moreDetailsKuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza...
Read moreDetailsMu myaka 19 ishize, ijwi rya Sarah Uwera Sanyu ryakomeje kwumvikana mu ndirimbo zubatse imitima ya benshi, zibibutsa gukomeza urugendo...
Mu rwego rwo gukomeza kugeza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku rubyiruko cyane cyane urukoresha imbuga nkoranyambaga, Kiliziya Gatolika yahamagaje i...
Pasiteri Jullienne Kabanda wahoze ayobora Umuryango w’iyobokamana Grace Room Ministries uherutse gufungwa, yatangaje ko hari abantu bakomeje kumwiyitirira ku mbuga...
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido, yageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, aje guca agahigo mu bantu biteze bimwe mu birori binini by’umuziki muri uyu mwaka. Yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali ahagana saa 2:00 za mu gitondo, nyuma y’igihe abamuherekeje bari...
Indirimbo “Juno” y’umuhanzi w’Umunyamerika Sabrina Carpenter yongeye kuza ku isonga ry’ibivugwaho cyane, nyuma y’uko yifashishijwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) mu mashusho yerekanaga uburyo abimukira bafatwa n’Urwego rushinzwe Umutekano w’imbere mu gihugu (DHS). Ibi byatumye hibazwa niba gukoresha ibihangano...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi, Miley Cyrus, yemeje ko yambitswe impeta n’umukunzi we Maxx Morando, umuhanzi w’ingoma bamaze imyaka ine bakundana. Amakuru yo kwambikana impeta yatangajwe nyuma y’uko Cyrus agaragaye yambaye impeta y’iza zahabu n’amabuye ya diyama ubwo yari mu muhango wo kwerekana filime Avatar: Fire...
Urubanza ruregwamo Uzabakiriho Cyprien, uzwi nka Djihad, hamwe na bagenzi be Kwizera Nestor (Pappy Nesta) na Ishimwe François Xavier rwasubitswe nyuma y’uko umwe mu baregwa atatangiranye n’umwunganizi mu by’amategeko. Byari biteganyijwe ko kuri uyu wa kane tariki 4 Ukuboza 2025 hatangira kuburanwa ku ifungwa n’ifungurwa...
Umuhanzi Senderi Hit agiye gutangiza ibitaramo ngarukamwaka mu Karere ka Kirehe aho avuka, bikazajya byitwa “Kirehe Twataramye”. Igitaramo cya mbere kizabera i Nyarubuye ku wa 27 Ukuboza 2025, kikaba cyitezweho gususurutsa abaturage no guteza imbere ubuhanzi muri ako karere kagiye gisigara inyuma mu kwakira ibitaramo...